
Pop Idol kubayizi na batayizi ni rushanwa ry'abahanzi baririmba ku isi kandi rihuza abahanzi batarashobora gusohora Cd cyangwa Video .Lucy Kihwele umuyobozi wa Multi Choice Tanzania yatangaje ko irushanwa rizatangira tariki ya 7/o3/2008 rikazaba ribera kuri Blue Pearl Hotel ili Ubungo Plaza,Dar es salaam Tanzania. Abazarushanwa bazaba bafite hagati y'imyaka 18 na 27.Lucy yatangaje ni bihembo byuzatsinda birimo gukora amasezerano yo gusohora album na Company ya SONY BMG kandi na gatebo kinoti zamadolali ya America angana na 80.000$.
Ibihugu biteganyijye kwitabira iryo rushanwa harimo nu Rwanda, Ubwo ndasaba ababona babishoboye ko bazajayo bakaduhagarira kandi ndizera ko bakora neza.
Ibindi bihugu ni: Botswana, Burundi, Comoro, Djibouti, Ethiopia, Eritrea, Kenya, Lesotho, Madagascar, Malawi, Mauritius, Mozambique, Namibia, Reunion, Seychelles, Somalia, Swaziland, Tanzania, Uganda, Zambia and Zimbabwe.
Ikibazo mfite nuko Tele 10 ya hano iwacyu yarashoboye kubimenyekanisha ko bantu bireba kugirango babyitabire?
ha ha ha habari ndiyo hiyo!!!!
No comments:
Post a Comment