Abenshi ndizeraka mwari mumaze kubura ishusho ya kera ndetse abandi badaheruka mu Rwanda mwari mutazi ikuntu iyi nyubaka yahinduwe. Ubu ifite ishusho rinshya. Kwa Rubangura cyera niho hari address ya banyakigali, bivuze ko iyo washakaga guhura nundi muntu kenshi mwahanaga gahunda yoguhurira kwa Rubangura. Ubwo mushobora kwibuka icyo gihe za mobile zitaraza ukuntu byari byifashe muri iyi city>>
No comments:
Post a Comment